Intumwa y'Imana muri iyi Hadithi yavuze ko imperuka itazaba hatabanje kubaho imirwano hagati y'abayisilamu n'abayahudi; Kugeza ubwo umuyahudi aryihishe inyuma, maze Allah arihe ubushobozi bwo kuvuga rihamagare umuyisilamu rimubwire ko hari umuyahudi uryihishe inyuma kugira ngo aze amwice.